-
Nutrition
Impamvu ukwiye kurya amapera
Amapera ni imbuto zifite akamaro kanini ku buzima bwâumuntu. Amapera agereranywa nâikirombe cya zahabu ku buzima kuko akoreshwa cyane no…
Read More » -
Enfants
Menya uburyo bwo konsa umwana
Konsa umwana ntabwo bisaba kureba ku isaha ngo umenye ko igihe kigeze, ahubwo ugomba kureba niba umwana abikeneye. Ikâibanze ni…
Read More » -
Maladies
Icyatera umuntu kunyara ku buriri
Kunyara ku buriri bivuga gucikwa, ukanyara utabishaka igihe usinziriye nijoro. Ku manywa umuntu mukuru aba abasha kwifata igihe ashatse kunyara…
Read More » -
Culture
Yigize akari aha kajya he!
Uyu mugani abanyarwanda bawuca iyo batangira umuntu wigize igihangange cyâindakoreka. Ubwo rero nibwo wumva bagize bati: âYigize akari aha kajya…
Read More » -
Sante
Dore uburyo bwiza bwo kunywa amazi
Kunywa amazi ni ingirakamaro cyane kuko bifasha umubiri wâumuntu gukora neza. Umuntu ategetswe kunywa amazi  nibura Litiro imwe nâigice (1,5…
Read More » -
Sante
Uburyo bwo kumesa imyenda yâimbere
Ugereranyije usanga imyenda y’imbere isukuye iba ifite garama 0.1 z’umwanda kandi ishobora kugera kuri garama 10, nk’uko ubushakashatsi bwakozwe n’ikinyamakuru…
Read More » -
Culture
Umugore agira inzara ntagira inzigo
Uyu mugani Abanyarwanda bawuca bashaka kumvisha abandi ko abagore ari abantu beza, nyamara ubukene bukaba aricyo kintu kimwe rukumbi gituma…
Read More » -
Femmes
Uko wakwirinda kuribwa igihe uri mu mihango
Kuribwa mu nda bibanziriza imihango cyangwa se bigendana nayo bimara iminsi iri hagati yâibiri nâitatu. Uku kuribwa mu nda bikunze…
Read More » -
Femmes
Uko umugore uri mu mihango agomba kwitwara
Igihe cyâimihango ntabwo kimera kimwe ku bagore bose. Kuri bamwe kibabera igihe cyâuburibwe bukomeye ndetse nâumunaniro ukabije, mu gihe abandi…
Read More » -
Culture
Insigamigani “Yavuze nâakarimurori”
Uyu mugani Abanyarwanda bawuca iyo bumvise umuntu avuga ibyo azi byose, kugeza nâubwo avuga ibyari byaragizwe ibanga. Ubwo nibwo bagira…
Read More »