-
Nutrition
Ese ni byiza guteka ibirayi bihase?
Abantu ntibavuga rumwe mu bijyanye no guteka ibirayi. Bamwe bavuga ko ibyiza ari ukubiteka bihase, abandi bo bakavuga ko ibyiza…
Read More » -
Style de vie
Umwana we yapfuye kubera uburangare
Umugabo yasize umwana we wâumukobwa wari ufite amezi 3 aryamye, agarutse asanga yashizemo umwuka. Muri Leta ya Florida, umugabo witwa…
Read More » -
Serie
Rudasumbwa wanjye! (Igice cya 19)
Umunsi wo gutangira gukora ibizamini bya Leta warashyize uragera. NYAMWIZA yari yiteguye neza bihagije ku buryo yumvaga yifitiye icyizere cyâuko…
Read More » -
Sante
Uko wagabanya ibiro ugenda n’amaguru
Kugenda nâamaguru ni umwitozo ngororamubiri usanzwe, ushoboka kuri buri wese kandi ufitiye ubuzima akamaro kanini, kuko bishobora gufasha gutwika âcaroliesâ…
Read More » -
Sante
Ibibi byo kumutsa intoki ukoresheje âhand dryerâ
Buri gihe iyo umuntu amaze gukaraba intoki cyanecyane avuye mu bwiherero, akenera kuzumutsa. Bamwe bakoresha “ hand dryer” abandi bagakoresha…
Read More » -
Serie
Rudasumbwa wanjye! (Igice cya 18)
Umuzamu wari utararangiza gufunga amarembo yâikigo, yarabutswe imodoka ije yiruka cyane ariko ntiyabashije kumenya iyo ari yo, kubera ko bwari…
Read More » -
Style de vie
Ngiri ibanga ryo gusenga saa cyenda
Usanga abenshi mu Bakirisitu bakunze kuvuga ko basenga mu rukerera; saa cyenda, ukaba wakwibaza impamvu yabyo mu gihe no ku…
Read More » -
Nutrition
Mbese amagi abikwa gute?
Iki ni ikibazo abantu bakunze kwibaza kuko baba bafite impungenge ko bashobora kuba bajya bakoresha amagi atagifite ubuziranenge. Nkâuko urubuga…
Read More » -
Serie
Rudasumbwa wanjye! (Igice cya 17)
Ibiganiro byari byinshi kubera urukumbuzi, ariko MPANO yirinze kumubwira byinshi ku mushinga wâurukundo rwabo nkâuko yari yaranze kumuhangayikisha na mbere…
Read More » -
Femmes
Ingorane zo gutwita ugeze mu za bukuru
Uburumbuke bwâumugore butangira kuva igihe ageze mu bwangavu ni ukuvuga atangiye kujya mu mihango, nibwo aba ashobora kuba yatwita. Igihe…
Read More »