-
Nutrition
Kurya âlentillesâ ni ukwiteganyiriza
âLentillesâ mu rurimi rwâamahanga ni ubwoko bwâamashaza afite akamaro kanini cyane ku buzima bwâumuntu kubera intungamubiri zitandukanye zibamo. Nubwo iki…
Read More » -
Serie
Rudasumbwa wanjye! (Igice cya 4)
Mu nzira ataha, MPANO yagiye yibaza byinshi kuri uwo mwana wâumukobwa dore ko yari yaratangiye no kumukunda nubwo bwose yihagararagaho…
Read More » -
Sante
Ingaruka zo kugira uburakari
Uburakari bushobora kugira ingaruka mbi ku mubiri wâumuntu, ku bitekerezo bye ndetse no ku marangamutima ye. Inyigo nyinshi zakozwe mu…
Read More » -
Style de vie
Igitera ivumbi mu nzu n’umwanda urigize
Ukora isuku neza mu nzu yawe ndetse no hanze, yewe nta nâahantu hari ibitaka mu rugo rwawe ndetse no mu…
Read More » -
Enfants
Ingaruka zo gukubita umwana
Akenshi usanga ababyeyi cyangwa abandi bantu barera abana, igihe bakosheje igihano bihutira kubaha ari ukubakubita nyamara bigira ingaruka hagati yabo…
Read More » -
Serie
Rudasumbwa wanjye! (Igice cya 3)
MPANO akimara kumusezeraho no kumugira inama, NYAMWIZA yahise agenda yihuta yishimye, yerekeza kuri banki yari iri hafi aho kugira ngo…
Read More » -
Nutrition
Igikoro ni ingirakamaro ku buzima
Igikoro bamwe bita ikinyamayogi ni kimwe mu binyabijumba abantu benshi badakunze kwitabira kurya, nyamara gifite akamaro kanini ku buzima bwâumuntu.…
Read More » -
Serie
Rudasumbwa wanjye (Igice cya 2)
NYAMWIZA yageze iwabo asanga se baramaze kumushyingura nuko asaba ko bajya kumwereka aho imva ye iri kugira ngo amusezereho. Bamujyanye…
Read More » -
Nutrition
Urubobi ni imboga nziza cyane
Urubobi ni rwiza cyane ku rwego mbonezamirire kuko rugira amavuta make ndetse na karoli nkeya, ahubwo rukaba rukungahaye kuri poroteyine,…
Read More » -
Serie
Rudasumbwa wanjye! (Igice cya 1)
Muri iki gihe, umuryango nyarwanda ugenda uhura nâibibazo bitandukanye bishingiye ku nzangano, kutizerana, kutihanganirana, ubuhemu, guhohoterwa, ishyari, kutiyubaha, kwihambira ku…
Read More »