Enfants
-
Soya ni igisubizo ku ngaruka za âmĂ©nopauseâ
Soya ni ikinyamisogwe abantu benshi badakunze kwitaho mu biribwa bategura, nyamara uwamaze gusobanukirwa nâibyiza byayo ntasiba kuyitegura mu mafunguro. Abahanga…
Read More » -
Kurya inzuzi byongera amahirwe yo kubyara
Akenshi usanga umuntu atunganya igihaza cyo guteka maze akavanamo inzuzi (imbuto ziba zirimo imbere) akazijungunya nkâaho ntacyo zimaze, nyamara zifite…
Read More » -
Umutobe wâinkeri ni igisubizo cy’umunaniro
Muri iki gihe abantu benshi bugarijwe nâumunaniro kubera akazi kenshi, imihangayiko no kudasinzira. Ibi byose bituma umubiri utabasha kujya kuri…
Read More » -
Ibi nubibona uzagabanye kurya umugati
Umugati ni kimwe mu biribwa bya buri munsi biboneka ku buryo bworoshye, kandi ukaba ukunze kuribwa na benshi. Ariko nubwo…
Read More » -
Icyo wamenya kuri tangawizi
Tangawizi ni ikirungo gihumura neza gikoreshwa ku buryo butandukanye haba mu biribwa ndetse no mu binyobwa, ariko ikaba inakoreshwa mu…
Read More » -
Impamvu n’ingaruka zo kuba umwangavu imburagihe
Hari igihe usanga umwana wâumukobwa afite ibimenyetso byâubwangavu akiri muto. Yenda ubona ari ibintu bisanzwe, nyamara hari zimwe mu mpamvu…
Read More » -
Kurya âlentillesâ ni ukwiteganyiriza
âLentillesâ mu rurimi rwâamahanga ni ubwoko bwâamashaza afite akamaro kanini cyane ku buzima bwâumuntu kubera intungamubiri zitandukanye zibamo. Nubwo iki…
Read More » -
Ingaruka zo gukubita umwana
Akenshi usanga ababyeyi cyangwa abandi bantu barera abana, igihe bakosheje igihano bihutira kubaha ari ukubakubita nyamara bigira ingaruka hagati yabo…
Read More » -
Igikoro ni ingirakamaro ku buzima
Igikoro bamwe bita ikinyamayogi ni kimwe mu binyabijumba abantu benshi badakunze kwitabira kurya, nyamara gifite akamaro kanini ku buzima bwâumuntu.…
Read More » -
Urubobi ni imboga nziza cyane
Urubobi ni rwiza cyane ku rwego mbonezamirire kuko rugira amavuta make ndetse na karoli nkeya, ahubwo rukaba rukungahaye kuri poroteyine,…
Read More »