Enfants
-
Menya igitera umwana kunanuka
Kunanuka kâumwana muto ntabwo bifatwa kimwe no ku muntu mukuru kuko umwana ari ikiremwa kiba kikirimo gukura. Iyo umwana muto…
Read More » -
Nubibona uzamenye ko umwana wawe anywa ibiyobyabwenge
Mu gihe cyâubugimbi nâubwangavu, urubyiruko rumwe rutangira kunywa inzoga no gukoresha ibiyobyabwenge nkâurumogi n’ibindi. Ni byiza kumenya hakiri kare niba…
Read More » -
Bimwe mu biribwa birwanya âhypertensionâ
Indwara yâumuvuduko cyangwa âhypertensionâ mu rurimi rwâamahanga ni imwe mu ndwara zitandura iri mu zibasiye abantu muri iki gihe. Hari…
Read More » -
Tungurusumu, umuti wa âhypertensionâ
Tungurusumu ni kimwe mu bimera wakwifashisha mu kurwanya indwara yâumuvuduko (hypertension) igihe uyirwaye cyangwa se ubona ugiye kuyirwara. Mu binyejana…
Read More » -
Imyumbati ifite akamaro ku buzima
Imyumbati ni kimwe mu biribwa abantu benshi badakuze kurya kuko bamwe babifata nkâibiribwa byâabatishoboye, nyamara ifite akamaro kanini ku buzima…
Read More » -
Uburyo wafasha umwana wâumunebwe
Akenshi abana b’abanebwe bakunze guhisha ababyeyi ko ku ishuri babahaye umukoro, kugira ngo bikorere ibyo bishakiye. Mu gihe abana batakoze…
Read More » -
Ibyiza byo kurya gombo urwaye diyabete
 Gombo ni imboga nziza cyane ku murwayi wa diyabete kuko zigira uruhare runini mu kuringaniza isukari iri mu maraso. Kubera…
Read More » -
Uko wabigenza umwana yanze kurya
Niba umwana wawe akubwira ko adashonje, ugomba kumutega amatwi kuko ni we ubwe uba azi uko yiyumva. Ntukamuhatire kurya kabone…
Read More » -
Igihe umwana atangirira kurya
Nubwo hari igihe usanga abana bamwe baba bashaka kurya bari mu kigero cyâamezi 4 bavutse, abahanga mu byâubuzima bemeza ko…
Read More » -
Impamvu itera umwana kurira
Amarira yâumwana amugabanyiriza imihangayiko, nibwo buryo bwo gusohora amarangamutima aba amwuzuriranyemo. Urwungano rwâimyakura (système nerveux) rwâumwana ruba rukirimo kwiyubaka ku…
Read More »