Sante
WordPress is a favorite blogging tool of mine and I share tips and tricks for using WordPress here.
-
Dore uko wakwitwara igihe ubana nâumusinzi
Kubana nâumugabo cyangwa umugore wabaswe nâubusinzi biravunanye cyane, ariko hariho bumwe mu buryo wakoresha ukabasha guhangana nabyo. Birumvikana iyo uwo…
Read More » -
Ingaruka zo kugira uburakari
Uburakari bushobora kugira ingaruka mbi ku mubiri wâumuntu, ku bitekerezo bye ndetse no ku marangamutima ye. Inyigo nyinshi zakozwe mu…
Read More » -
Menya impamvu yo kubira ibyuya
Ubusanzwe kubira ibyuya ni uburyo bwerekana imikorere myiza yâumubiri. Hari abantu usanga babira ibyuya mu kwaha, mu mutwe, mu ntoki…
Read More » -
Ngizi indwara zivurwa n’Umwenya
Umwenya ni icyatsi cyabayeho kuva kera kikaba kigira impumuro nziza kandi kikaba kigira akamaro kanini ku buzima bwâumuntu. Iki cyatsi…
Read More » -
Dore uko waganiriza umuntu uri ku kiriyo
Hari ubwo ushaka kwifatanya mu kababaro nâuwabuze uwe, ariko ukabura uburyo ubimubwiramo haba mu nyandiko cyangwa se mu biganiro bisanzwe.…
Read More » -
Icyo umubyeyi wese agomba kumenya
Umugore ushaka gutwita ndetse nâukimara gutwita, akwiye kumenya ko kurya ibikungahaye kuri âacide foliqueâ (Vitamini B9) bifite uruhare runini mu…
Read More » -
Dore imyenda myiza yo kurarana
Kuryama nijoro ni umwanya mwiza wo kuruhuka, kuko amanywa yose umuntu aba yiriwe akoresha ingingo zigize umubiri. Ku muntu ukunda…
Read More » -
Ingaruka zo kurara wambaye isutiye
Hari abagore cyangwa abakobwa bagira akamenyero ko kurara bambaye isutiye ngo kugira ngo ifate amabere, nyamara ntabwo ari byiza kuko…
Read More » -
Ibibi byo kurarana ikariso
Kwambara ni byiza cyane cyane kwambika ibice byâibanga ku manywa, kuko umuntu aba yumva atuje mu gihe aba atambaye ubusa.…
Read More » -
Ni ngombwa guhindura imyenda yâimbere
Guhindura imyenda yâimbere buri munsi ni isuku yâibanze buri muntu aba yaratojwe kuva akiri umwana. Kuba rero hari abambara imyenda…
Read More »