Sante
WordPress is a favorite blogging tool of mine and I share tips and tricks for using WordPress here.
-
Guseka bituma ubwonko buruhuka
Kumwenyura cyangwa guseka ni ngombwa kuko bifite akamaro kanini ku buzima bwâubikoze ndetse nâabo bari kumwe. Nkâuko abashakashatsi b’Abanyamerika babigaragaje,…
Read More » -
Kugabanya ibiro ku muntu ukuze
Kugira ngo ugabanye umubyibuho, haba hagamijwe kugira ibiro runaka udashaka ko birenga cyane iyo ugeze mu za bukuru. Icyo gihe…
Read More » -
Icyo wakora wabuze ubushake bwo kurya
Ubusanzwe ni ngombwa kurya ugahaga, kandi ugafata indyo yuzuye kugira ngo ugire imbaraga bityo ugire ubuzima bwiza. Kubura ubushake bwo…
Read More » -
Uko wagira mu nda hatoya
Hari abagabo cyangwa abagore usanga bafite mu nda hanini, bamwe bikababangamira kuko usanga hari umwenda runaka batabasha kwambara. Hari uburyo…
Read More » -
Kwita ku birenge ukoresheje vinegere
Akenshi ntabwo twita ku birenge byacu bikatuviramo kurwara indwara zâibirenge kuzageza ubwo dutegekwa guhora twambaye inkweto zifunguye (sandales ) gusa.…
Read More » -
Menya impamvu ugomba gusinzira bihagije
Nkâuko dukenera kurya, kunywa no guhumeka, dukeneye no gusinzira kugira ngo umubiri wacu ukore kandi utume tubaho neza. Iyo dusinziriye…
Read More » -
Ni ngombwa koza amenyo nijoro
Ni ngombwa koza amenyo nijoro ugiye kuryama, kubera ko igihe usinziriye amacandwe aba makeya maze ibirinda amenyo kwangirika ntibiboneke, bigatuma…
Read More » -
Ngiri ibanga ryo gusoma mbere yo gusinzira
Gusoma igitabo mbere yo kuryama ni byiza ku buzima kuko bituma umuntu abasha gusinzira neza. Mu gihe bamwe bakunze kureba…
Read More » -
Dore uburyo bwiza bwo kunywa amazi
Kunywa amazi ni ingirakamaro cyane kuko bifasha umubiri wâumuntu gukora neza. Umuntu ategetswe kunywa amazi  nibura Litiro imwe nâigice (1,5…
Read More » -
Uburyo bwo kumesa imyenda yâimbere
Ugereranyije usanga imyenda y’imbere isukuye iba ifite garama 0.1 z’umwanda kandi ishobora kugera kuri garama 10, nk’uko ubushakashatsi bwakozwe n’ikinyamakuru…
Read More »